Posts

Showing posts from February, 2024

IBIHUGU BYOSE BYAMWANZE ! ARABIGENZATE??🤷

Image
Habuze igihungu kimwakira ! Nkuko tubikesha igihe.com, Umwanditsi Mukuru w’Urwego rwasigariyeho Inkiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, IRMCT, Abubacarr Tambadou yatangaje ko Kabuga Félicien agifungiwe La Haye kuko atarabona igihugu cyemera kumwakira. Ibi yabigarutseho ubwo yaganiraga n’itangazamakuru mu Rwanda nyuma y’uruzinduko rwe muri iki gihugu, aho yahuye n’abayobozi batandukanye mu rwego rw’ubutabera. Abacamanza mu Rukiko rw’Ubujurire rwa IRMCT bategetse ko urubanza rwa Kabuga ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ruhagarikwa kugeza igihe kitazwi kubera ibibazo by’ubuzima afite. Bafashe uwo mwanzuro nyuma ya raporo y’inzobere z’abaganga, igaragaza ko ibibazo by’ubuzima uyu mugabo afite bitamwemerera gukomeza kuburanishwa. Abubacarr Tambadou yagaragaje ko nyuma yo guhagarika urubanza rwa Kabuga, hakurikiyeho guha umwanya uruhande rw’abamwunganira ngo bashake igihugu gishobora kumwakira maze afungurwe by’agateganyo. Kuva muri Kamena 2023, amezi ari...

MUHANGA: UMWANA YAHIRIYE MUNZU ARATOKOMBERA

Image
Umwana yahiriye munzu Mukarere ka Muhanga , Ahitwa Shyogwe: hari amakuru atugeraho ko hari Umwana w'umwaka n'amezi abiri ahiriye mu nzu arapfa. Uyumwana ngo Yaba yahiriye muriyinzu agashya agakongoka, ubwo ababyeyi be bari bamusizemo bagiye mu mirimo. Icyateye iyi nkongi yumuriro ntikiramenyekana. Dukomeje gukurikirana. ________’__________

MUSANZE: ABATERA AMAKACI BATANGIYE GUFATWA

Image
Mumudugudu wa Marankima, akagari ka Rwebeya, umurenge wa Cyuve , mukarere ka Musanze Nyumayuko ejo hashize taliki ya 09/2/2024 tubagezaho amakuru avugako abaturage batuye muruyu mugi wa Musanze  bahangayikishijwe ninsoresore zamabandi abatangira akabatera Kaci akabambura ibyobafite, Ubu noneho kuva isaha ya saa 05h00 kugera saa 10h00 ,kuruyu wagatandatu taliki 10 hahise hakorwa icyobita Joint operation yarimo Inzego z,umutekano police , Dasso ndetse ninzego zibanze, kubunyamwuga bafite mukazi bakora kaburi munsi, baje gufata amabandi agera kwicyenda (09) yose bayajyana kuyafungira kuri police station ya Muhoza. Inzego zumutekano zikaba zikomeje guhiga bukware buriwese wigira ikigomeke agatera Kaci akambura abaturage ibyabo ndetse rimwe narimwe bagapfumura namazu cg bakiba ibyanitswe hanze mungo zabaturage.  Mwizina ry,abanyamakuru bacu niryabaturarwanda muri rusange byumwihariko abatuye muri uyumugi wa Musanze, turashimira byimazeyo police , Dasso ninzego zibanze bakorera mur...

MUSANZE: BAMUSANZE AMANITSE MUGITI YAPFUYE

Image
Mu kagari ka Cyabararika mu murenge wa Muhoza akarere ka Musanze , mu Gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu abaturage batuye murakogace  basanze umusore uri mu kigero cy'imyaka 25 amanitse mu giti yapfuye bakeka ko yiyahuye . Ibibazo byubwiyahuzi abaturage bavugako bidakunze kuhagaragara bityo abantu bakaba bakomeje gushaka impamvu yateye uyumusore kwiyahura arinabwo inzego zibanze ni zumutekano zikomeje gukurikirana icyateye ubwiyahuzi bwuyu musore warukiri mutoya doreko atarengeje imyaka 25 yubukure. _____________________________ Umwanditsi : SYLVA . www.otherworld1988.blogspot.com

MUSANZE: ABATURAGE BAHANGAYIKISHIJWE N' AMABANDI ARIMO KWAMBURA YITWAJE IMIPANGA NIBYUMA

Image
Mukarere ka Musanze , muma karitsiye yo mumugi rwagati hongeye kwaduka insoresore z,amabandi yitwaza ibyuma n,imipanga ndetse ninkoni, zikitwikira umugoroba namajoro ndetse nomurukerera zikambura abagenzi . Umunyamakuru wacu ukorera ikinyamakuru OTHER WORLD , ubwo yamenyaga ayamakuru yanyarukiye mumugi wa Musanze maze abaturage bamubwirako Koko bahangayikishijwe nikibazo cyaya mabandi.  Twaje Kandi kuganira ninzego z,umutekano harimo daso ndetse nirondo bombi bakunze kuba hafi mubaturage isaha kuyindi  amanywa nanijoro doreko bafite nimodoka yomubwoko bwa Vigo bakoresha muburyo bwo kurushaho kubungabunga umutekano nokugera mubice bitangukanye muruyumugi cyane mumurenge wa Muhoza , Batubwiye neza ko rwose ayamakuru Ari impamo ndetse ko izi nsoresore zamabandi, zidakangwa numuntu uwariwewese Yaba umusore cg umudamu , waburumwe cg murenze 1, babishoraho bakabatera zakaci bakarwana bamwe bakahakomerekera kuko ngo amabandi aba arimenshi Kandi yitwaje ibyuma nimihoro babikenyereyeho...

AMAFOTO YIMYAMBARIRE YA KANYE WEST NUMUGORE WE IKOMEJE GUTANGAZA ISI YOSE

Image
Umuraperi w'icyamamare, Kanye West Ye, hamwe n'umugore we Bianca Censori bongeye kuba igitaramo ku mbuga nkoranyambaga nyuma y'uko batambutse mu muhanda w'i Los Angeles bambaye imyenda idasanzwe. Amafoto ya Kanye West n'umugore we akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, ni ayo bafotowe ubwo bari mu mujyi wa Los Angeles bambaye imyenda idasanzwe byumwihariko Bianca yari yambaye ishashi gusa imbere harimo utwenda tw'imbere gusa kandi ari mu gihe kimbeho, mu gihe Kanye yari yambaye imyambaro itangaje gusa imufubitse wese. Mwit egereze amafoto yabo namwe mugire icyo mubivugaho. ___________________________ Yanditswe na SYLVA.

IGISASU IGOMA/ M23 UBU NONEHO IGIYE GUSHIRAHO IGIHUGU GIFITE LETA YIGENGA MUBURASIRAZUBA BWA Congo.

Image
Muriri joro ryokuruyu wa Gatanu, igisasu kiremereye cyaguye mumugi wa Goma. Amakuru dukesha Telefix tv ikorera kuri YouTube, avugako mwijoro ryokuruyu wagatanu taliki 02/02/2024  , igisasu kiremereye cyaguye mumugi wa Goma bikekwako Yaba Ari M23 yagiyeyemo . Iki gisasu cyahitanye abantu 2, abandi benshi cyane barakomereka namazu arenga makumyabiri arangirika.  Uburero biravugwako M23 imaze gufata ahantu hagari cyane hashobora kuba hikubye inshuro hafi 3 ku Rwanda. Ubu M23 irimo gushishikariza abaturage kwibaruza bushyashya kugirango bajye mu iranga mimerere arinako nakomeje gucungirwa umutekano ukomeye na m23. Ndetse ngo nabaturage barigukora imiganda .