YISANZE IKUZIMU NAWE ARI MUZIMA NYUMA YOKUJYA ASURWA NUMUZIMU WA SEKURU BAKANAVUGANA KURI FONE
<script async src="https://pagead2.googlesyndication.com/pagead/js/adsbygoogle.js?client=ca-pub-9421079282449649"
crossorigin="anonymous"></script>
Nyuma yo kumva ubuhamya bugiye butandukanye kubaba baragiye IKUZIMU,abenshi tukumvako bidashoboka , ndetse abandi tukibaza Koko niba ibyotwumva Ari impamo, Umubyeyi witwa Béathe MUKAMANZI utuye mukarere ka Musanze ahitwa Karwasa , yaduhaye ubuhamya bwibyabaye kumwanawe wumukobwa witwa FOFIYA ubwo yarakiri mumyaka yubwangavu , icyogihe baribagituye mwibereshi mumugi rwagati wa Musanze.
Uyu mubyeyi aragirati , twabayeho turi umuryango wabantu bakunda gusenga cyane , nyuma tuzakubura umubyeyi wacu ( papa ), yitaba Imana. Hashize igihe kitarigito dutangira kubona umwana wacu wumukobwa warugeze mumyaka yubwangavu atangira kujya abona Sekuru arimokuza murugo bakavugana ndetse akamuhakalibu tubyirebera ariko Umusaza twe ntitumubone, bakaganira nyuma akamuherekeza . Umwana yagaruka akavugango kuki tutaganirizaga Sogokuru kd yariyaje murugo! Ubwo twe bikaducanga.
Hashize iminsi tukabona fone yuwomukobwa ihamagawe na nimero itagaragara bakavugana umwanya munini , gusa twe ntibyakundagako tuyifata ngo tuvugane ngo bikunde.
Rimwe umwana aratubwirango Sekuru arimokumushaka ngo agiye guhuriranawe ahitwa SON RISE . Ngirango abenshi Bazi mumugi wa Musanze ikigo cyamashuli ya SON RISE aho Kiri murahazi Uba werekeza mumuhanda wa Musanze _ Cyanika ( ariko warenze Nyarubande ) .
Umukobwa yaragiye barimo kuvugana kuri fone ahageze Sekuru amubwirako akomeza umuhanda yerekeza Karwasa. Ubwo yaje kugera kwirimbi riteganye numuhanda aryinjiramo yicara kumva.
Abahanyuraga baramurebaga nakavura kabaga karimokugwa, nibwo hanyuze umuntu umuzi ahamagara iwabo ngo baze barebe icyo umwanawabo arigukora mwirimbi ubwo ababyeyi baraje bahageze baramubura.
Yamaze iminsi batamubona yewe na number ya fone ye ntiyaririho.
Ababyeyi be batangiye gusengera umwanawabo ndetse mubyumba byamasengesho bakababwirako umwanawabo arikuzimu. Bafashe igihe basengera umwana wabo kugezubwo ikuzimu bamurekuye akagaruka kwisi.
Umubyeyi ubyara uyumwana wumukobwa akomeza avugako batunguwe nokubona umwanawabo agarutse arimumusesokare isura yarahindutse ukundi namaso ye ntamboni yumukara irimo ndetse ngo ntiyahuzaga nabo amaso neza ikindi ijwirye ntiryari risanzwe ryariryarahindutse nkirisaraye. Uko iminota igenda ishira Niko yagaruraga isuraye nijwi.
Nyuma yaje kubatekerereza ibyurugendorwe nuko yafatwaga ikuzimu.
Uwomukobwa yaje kujyanwa mumasengesho kugezubwo akuze agashaka umugabo atongeye kujyanwa cg ngo asurwe nasekuru.
Uwakenera ubuhamya burambuye akabayagera kubabyeyi buyumukibwa yazaduhamagara cg akatwandikira kuri 0732799008 tukazabahuza .
RUKUNDO
umwanditsi
Comments