Posts

Showing posts from March, 2024

INGONA YARIYE ABARENGA 300 YATUNGURANYE UBWO YANANIRANYE HAKITABAZWA IMITEGO Y'ABAFARANSA BIKABA IBYUBUSA

Image
  Mu gihugu cy'Uburundi hakomeje kumvikana inkuru y'ingona nini cyane kurusha izindi izwi ku izina rya Gustave iba mu Kiyaga cya Tanganyika binavugwa ko imaze kurya abantu barenga 300 yatunguranye ubwo yacikaga imitego y’abahigi b’Abafaransa bashakaga kuyifata ari nzima. Bivugwa ko ifite uburebure bwa metero esheshatu, ikagira uburemere buyingayinga toni, ndetse bamwe ntibatinya kwemeza ko ari yo nini cyane muri Afurika. Igihe dukesha iyi nkuru, cyanditse ko abashakashatsi benshi bagerageje ibishoboka ngo bahitane iyi nyamaswa yateye ubwoba benshi ariko birabananira. Itsinda ry’abahigi ryari riyobowe n’Umufaransa Patrice Faye, ryagerageje gutega iyi ngona no gushyira uduhendabana two kuyireshya ariko ikabireba ikihitira, hagafatwa izindi ngona ntoya. Gustave [ingona] yakomeje kwerekana ko ifite imbaraga kuko n’igihe bagerageje gutega imitego bashyizemo inyamaswa nzima basangaga nta zirimo na yo yagiye. Bwa nyuma bakuyeyo amaso, ubwo bategaga umutego umeze nk’igisanduku, bashyir...

AVUYE KURI ETAJE YA 4 NOHASI NGO POOO! AHITA YUMA 😭😭😭

Image
Nkuko tubikesha ibinyamakuru nka TV1 , Mu Gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, mu murenge wa Kimironko , umusore wari mu kigero cy’imyaka 32 yasimbutse mu igorofa rya kane arapfa, birakekwa ko yiyahuye kubera ko yari amaze kuribwa amafaranga Miliyoni eshanu mu mikino y’amahirwe ibizwi nka betting. SYLVA MU Umunyamakuru .

INYAMA Z'IMBWA N'ABANTU BARIKUBOTSAMO BURUSHETI, NOKUZITOGOSA MUGATOKI , MWITONDERE IBYOKEZO BITAZWI NEZA!

Image
Hashize igihe kinini twumva inkuru zigiye zitandukanye ko bamucoma barikutugaburira imbwa zokeje mo burusheti ubundi bakanazidutogosereza mugatoki ubundi bakaduhereza tukamiragura tuzingo nagahene cg Inka tukarenzaho tukabahereza inoti zitabarika. Rwose ubu no mu Rwanda birahari nubwo benshi tutabyitaho. Ikindi hari naho barikurya abantu rwose bakabotsamo burusheti. Muminsi ishize ubwo twageraga mugihugu cya Uganda twasanze abadamu bafatanywe abana barenga 3 barabakaririye babamanika mubyumba bakajya bakebaho kumatako , kumabuno nimbavu bakotsamo burusheti izindi bagatogosa bagahereza abakiriye. Gusa police ya Uganda yaje kubacakira ibata muri yombi. Murumvako bitoroshye nukubamaso tukabanza gushishoza ahotugiye gufatira amafunguro nokumenya neza ibihakorerwa . SYLVA MU Umunyamakuru wa SABANA SABANA

SOBANUKIRWA BIMWE MUBIKORESHO BIHAMBAYE BY'INGABO Z'URWANDA HARIMO NIKI UBONA PEREZIDA ARIMO YITEGEREZA.

Image
#Rwanda🇷🇼: iyi foto warusanzwe uyizi wenda! Ariko se kariya kantu bari kwereka President Kagame uzi icyo gakora? Cyangwa uzi ngo bari kureba film iriya akaba ari antenne bari gukoresha 😁 Sasa kariya gakoresho bakita Narda IDA signals direction finding system Iriya Narda IDA ikora ibintu byinshi harimo nko gutanga itumanaho ahantu hagera muri kilometero 100. Harimo securing communication (kurinda itumanaho ryawe) kuburyo ntawakumva ibyo muvugana kumurongo wanyu, Harimo kandi kumenya izindi frequence ziri muntera ya kilometero zegera ku 100 Harimo gucunga imipaka (Signal monitoring for border protection) Nibindi byinshi bijyanye nitumanaho. Ikintu gitangaje ntari bugarukeho ni kariya kantu kari inyuma ku modoka , kariya bakita SIGINT ( Signals intelligence ) Ijambo intelligence ubwo ntubyumva? Hari ubwo iyo SIGINT ishyirwa kuri drone cyangwa indege ubundi igakora ubutasi buri kurwego rwo hejuru! Mwibaze ibintu nkibi RDF kuba yarabyerekanye kandi tuzi ko itajya yerekana ibikoresho ...

INZOKA YAMAYOBERA MURUGO RWA MUDUGUDU YAHURUJE RUBANDA NYAMWISHI.

Image
inzoka yamayobera murugo rw,umukuru wumudugudu Iyi nzoka n’imbeba bikiribizima bihambiriye mwishashi  byagaragaye mu gitondo cyo  ku wa 12 Werurwe 2024, mu rugo rw’Umukuru w’Umudugudu wa Nyakagoma, Akagari ka Kamanu, Umurenge wa Nyakabuye ho mukarere ka Rusizi. Amakuru UMUSEKE wamenye ni uko hafashwe umwanzuro wo kwica iyo nzoka kuko yari ikiri nzima byose biratwikwa bijugunywa mu bwiherero. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakabuye, Kamari KIMONYO yabwiye UMUSEKE ko iki kibazo gihari,buhumuriza abaturage ko ntagikuba cyacitse,abasaba gucika ku myizerere ya gipagani. Ati” Turabahumiriza tubabwira ko nta gikuba cyacitse, tubabwira kwirinda imyizerere ya gipagani idafite ishingiro “. kuri uyu wa kane tariki ya 14 Werurwe 2024, muri uyu Mudugudu  hateganyijwe inama n’abaturage,kugira ngo  baganirizwe ku kwirinda izi ngeso. Amakuru atangwa n’abaturage, avuga ko atari ubwa mbere muri  uyu Mudugudu hagaragaye ikibazo nk’iki ngo no mu  minsi ishize byabaye ku w’undi muturage witwa...

MUSANZE: ABISHE MAMA WABO UBABYARA RIB YABAFUNZE

Image
Mukarere ka Musanze, mumurenge wa Shingiro, haravugwa inkuru Yuko abantu 2 bakekwaho kwica nyina ubabyara bamaze gufatwa na RIB. Uyu mubyeyi wishwe nabanabe yari mukigero cyimyaka 88, ngo yishwe nabanabe bamuziza amafaranga yabonye mu mushinga wa Give Diretly ntabaheho.